Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ishuri rikuru rya Gisirikare ryatanze impamyabumenyi
9/06/2018 - 09:59
Ihere ijisho ibikorwa by’ishuri rikuru ry’ingabo z’u Rwanda
8/06/2018 - 08:41
Uburaya bukabije bukorerwa mu gace ka korodori (Giporoso)
6/06/2018 - 16:45
Ellen DeGeneres yahuye na Perezida Kagame, anasura urwibutso rwa jenoside rwa Kigali
29/05/2018 - 15:38
VIDEO: Kuba Meya w’Umujyi ntibizatuma ncika ku muco natojwe nkiri muto - Rwakazina Marie Chantal
28/05/2018 - 15:21
Kwigisha umugore ni ukwigisha igihugu cyose - Nyanza Technical School
28/05/2018 - 12:54
VIDEO: Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia mu ruzinduko rw’akazi
26/05/2018 - 09:52
VIDEO: Mwamenya Rujugiro yaravugaga ibiki aha?
26/05/2018 - 09:47
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo