Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
VIDEO: UN irashaka ko abagore biyongera mu babungabunga amahoro
23/08/2018 - 07:49
VIDEO: ’Shared Accord 2018’, imyitozo igamije kunoza uburyo bwo kubungabunga amahoro ku isi yatangiye mu Rwanda
16/08/2018 - 07:18
VIDEO: Ibikorerwa mu Rwanda bimaze kwigarurira imitima ya benshi muri Expo 2018
13/08/2018 - 15:08
VIDEO: Perezida Kagame arasobanura ’kuba ikigwari’ icyo ari cyo
9/08/2018 - 17:25
VIDEO: Kigali Today Ltd iri ku isonga mu gutanga amahugurwa yo gufotora kinyamwuga
7/08/2018 - 15:27
VIDEO: Dore imwe mu myitozo njyarugamba yahawe Indangamirwa 11
7/08/2018 - 06:59
VIDEO: Perezida Kagame yatangije imyitozo y’urubyiruko rutozwa umukino wa Basketball
7/08/2018 - 06:54
VIDEO: Perezida Kagame yasoje itorero Indangamirwa 11
6/08/2018 - 07:03
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo