Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
VIDEO: Kabega Musah na Rogers Sirwomu nibo begukanye MEMORIAL GAKWAYA 2018
25/06/2018 - 11:35
VIDEO: Ihere ijisho Moto zidasanzwe zisimbuka imisozi
24/06/2018 - 20:29
VIDEO: U Rwanda rwikomye abivanga mu masezerano yarwo na Arsenal
22/06/2018 - 20:48
VIDEO: Perezida Kagame yitabiriye inama ya African Transformation Forum 2018
22/06/2018 - 20:40
Ishuri rya muzika ryo ku Nyundo rirakataje mu gutegura abahanzi
18/06/2018 - 15:50
VIDEO: The Ben yasinye amasezerano n’uruganda rwenga inzoga rwa Luc Belaire
18/06/2018 - 08:33
VIDEO: Abanyapolitiki bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bemeye gufasha u Rwanda gukurikirana abashinjwa Jenoside yakorewe Abatutsi
13/06/2018 - 08:38
VIDEO: Ntibikiri ngombwa gutegereza Diplome ku biga muri TVET bashaka kujya mu kazi
12/06/2018 - 12:59
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo