Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
VIDEO: Perezida Macron yakiriye Perezida Kagame mu Ngoro ya Elysée
24/05/2018 - 11:11
Tigana yaretse ruhago ayoboka guturuna firime kubera ubuhemu bwa Rayon Sports
22/05/2018 - 18:43
Irebere uko muri IPRC-Huye bakora ibintu byinshi utakeka ko byakorerwa mu Rwanda
22/05/2018 - 10:08
Tigana yazinutswe ruhago kubera Rayon Sports (Video)
21/05/2018 - 08:11
Irebere Gen Patrick Nyamvumba agera mu nama yiga ku mutekano w’igihugu
17/05/2018 - 20:27
Ni gute abahanzi bazubaka igihugu batazi amateka yacyo?
17/05/2018 - 17:22
Dore uko umunsi wa kabiri w’inama nyunguranabitekerezo ku mutekano w’igihugu yagenze
16/05/2018 - 10:18
Africa yahinduwe ifunguro ry’ibikomerezwa: Prof P.L.O Lumumba
15/05/2018 - 09:00
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo