Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore abagiye guheza Kigali muri Guma mu Rugo
28/01/2021 - 00:44
Rwarutabura (Nyamirambo) kwirinda COVID-19 wagira ngo ntibibareba
27/01/2021 - 10:58
Gushyingura Prof. Kigabo: Byari amarira n’agahinda ku muryango n’inshuti
27/01/2021 - 10:02
Miss Yasipi Casmir yahishuye ibanga ryamufashije kwitwara neza muri Miss Africa Calabar 2020
27/01/2021 - 09:54
Tonzi adusogongeje ku mitoma umugabo we amutera, anatubwira umuhitiramo icyo yambara
27/01/2021 - 09:34
Padiri Ubald Diyosezi ya Cyangugu izamwibukiraho iki? Musenyeri Hakizimana arabivuze
11/01/2021 - 12:44
Mu Giporoso harahindutse: Reba uko hasigaye hasa
11/01/2021 - 12:35
2020: CP John Bosco Kabera na Munyakazi Sadate bari mu bihariye uyu mwaka
9/01/2021 - 19:24
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.