Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kwirinda Covid19 bihagaze bite mu mashuri yasubukuye amasomo? Mineduc yakoze igenzura
3/11/2020 - 19:41
Ababyeyi bishimiye uburyo bushya bwo gutwara abanyeshuri
1/11/2020 - 15:19
Amateka ya data yanteraga ipfunwe - Patrick Kurumvune
1/11/2020 - 15:15
Ubunyarwanda busumba ibindi byose duhuriyeho - Jeannette Kagame
31/10/2020 - 20:13
Nyaruguru ku mwanya wa mbere mu mihigo. Mayor Habitegeko yahishuye ibanga
31/10/2020 - 19:20
Gusinya Imihigo: Dore uko abayobozi bahagurutse i Kigali berekeza Nyagatare
30/10/2020 - 16:17
Biratangaje: Fireman ngo yariye miliyoni 4Frws mu cyumweru kimwe
26/10/2020 - 15:33
Umucuruzi wa magendu yafatiwe mu cyuho ashaka guha Polisi ruswa ya Miliyoni
22/10/2020 - 23:50
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.