Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Izindi mpunzi 130 zageze mu Rwanda zivuye muri Libya
31/12/2020 - 07:45
Umwaka wa 2020 wihariwe cyane n’icyorezo cya COVID-19
31/12/2020 - 07:37
Yize gucuranga afite imyaka ine abirebera kuri se, none ku myaka icumi aramurusha
31/12/2020 - 07:18
Abajya mu minsi mikuru mu Ntara bateje umubyigano muri Gare ya Nyabugogo
31/12/2020 - 07:06
Abakobwa barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bagakora ibirori bafashwe berekwa itangazamakuru
23/12/2020 - 21:23
Kigali mu mitako iteye amabengeza yo kwizihiza Noheli n’Ubunani
20/12/2020 - 15:50
Yabyaye impanga umwe avukana imyenge mu mutima umugabo abata mu nzu
12/12/2020 - 12:42
Yaretse inzoga afite imyaka 20 none ku myaka 72 ijwi rye riracyahogoza benshi
10/12/2020 - 16:55
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.