Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uwari ufungiye muri Uganda mu mitungo yari afite yatahanye urufunguzo rw’imodoka gusa
16/03/2021 - 20:29
Rusesabagina yitabiriye urubanza atunganiwe
12/03/2021 - 06:21
Nsabimana Callixte yagereranyije Rusesabagina nk’umunyeshuri uhora usaba mwalimu kwimura umunsi w’ikizamini
12/03/2021 - 06:12
Dore uko igikorwa cyo gukingira Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Mageragere cyagenze
12/03/2021 - 05:59
Abagororwa barashimira Leta yabakingiye Covid-19
12/03/2021 - 05:45
Mu ibanga rikomeye Platini arashyize ararongoye
7/03/2021 - 21:10
Kuki bisaba gusinya kugira ngo ukingirwe COVID-19?
7/03/2021 - 20:34
Umva uko Rusesabagina yagejejwe i Kigali
7/03/2021 - 16:22
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.