Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yageze mu Buhinde mu ruzinduko rw’iminsi ine.
9/01/2017 - 17:32
Umujyi wa Kigali wategetse abakorera mu nzu zagenewe guturwamo kwimuka! (Video)
6/01/2017 - 14:14
The Ben yakoze igitaramo cy’amateka i Kigali
5/01/2017 - 16:56
Uburyo Charly & Nina, Buravan na Melody bitwaye mu gitaramo cya The Ben
5/01/2017 - 09:39
Byari ibicika ubwo The Ben yaririmbiraga abakunzi be
2/01/2017 - 03:24
Abanyarwanda bakiriye umwaka mushya mu buryo bw’ibyishimo bidasanzwe
1/01/2017 - 12:28
The Ben arizeza abanyarwanda igitaramo cy’amateka kuri Bonane!
29/12/2016 - 11:31
RwandAir yatanze inkunga y’ibikoresho ku bana bafite ubumuga
28/12/2016 - 17:30