Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda
15/11/2025 - 23:10
Polisi y’u Rwanda yafunguye ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Ndera
15/11/2025 - 23:15
Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0
15/11/2025 - 09:10Iziheruka
Turagutembereza mu mujyi wa San Francisco ugiye kwakira "Rwanda Cultural Day"
24/09/2016 - 10:02
2FACE IDIBIA yagarutse gutaramira mu Rwanda nyuma y’imyaka 16
23/09/2016 - 18:00
Nyamasheke ubutaka bw’umwimerere, igice cy’ubwiza bw’u Rwanda
23/09/2016 - 15:01
Bambino yafashwe n’inkongi y’umuriro
22/09/2016 - 09:21
Sogongera ku bitegurirwa abazitabira "Rwanda Cultural Day"
20/09/2016 - 08:42
SAUTI SOL yaje mu Rwanda kumurika umuzingo w’indirimbo "LIVE & DIE IN AFRIKA"
17/09/2016 - 15:25
Umwana muto wifuzaga guhura na Perezida Kagame, yakabije inzozi ze!
13/09/2016 - 20:35
"Hari umurongo ntarengwa ku bibwira ko bagirira nabi u Rwanda" - Kagame
11/09/2016 - 23:29