Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rayon Sports y’abakinnyi 10 yasezereye Wau Salaam muri CAF Confederation Cup
19/02/2017 - 23:04
Undi munyarwanda yanditswe mu gitabo cy’abanyaduhigo!
19/02/2017 - 10:23
APR FC isezerewe mu gikombe cy’afurika na Zanaco
19/02/2017 - 10:18
Sina Gerard atunze indogobe zumva ikinyarwanda
17/02/2017 - 15:49
Amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye 2016 yatangajwe
16/02/2017 - 21:35
Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Karere ka Nyagatare
15/02/2017 - 17:26
Red Rocks Rwanda: ahantu nyaburanga hagaragaza ibyaranze u Rwanda rwo hambere
15/02/2017 - 17:25
Umuhanzi The Ben yakoreye igitaramo i Huye mbere y’uko asubira hanze
13/02/2017 - 15:37