Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Video : Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakirwa i Addis Ababa
28/01/2017 - 18:15
I Kigali hatangijwe ikigo gishinzwe intego z’iterambere rirambye rya Afurika/SDGs
28/01/2017 - 15:40
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri wa Nigeria ushinzwe Itumanaho
26/01/2017 - 17:12
Miss Rwanda 2017: Batanu nibo batorewe guhagararira intara y’iburasirazuba
25/01/2017 - 12:28
Abambasaderi 6 bashyikirije Perezida Kagame impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
24/01/2017 - 11:30
Miss Rwanda 2017: bane bahataniraga guhagararira amajyepfo bakomeje bose
23/01/2017 - 10:50
Uko byari bimeze ubwo imvura idasanzwe yagwaga mu mujyi wa Kigali
23/01/2017 - 10:33
MUSANZE: Kugemura urwagwa bibinjiriza menshi
19/01/2017 - 19:08