Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuhanzi The Ben yageze mu Rwanda
24/12/2016 - 16:46
Eddy Kenzo n’abagize itsinda rya "Big Talent" basuye Kigali Today Ltd
23/12/2016 - 12:44
Ikiganiro Perezida Kagame yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’Umushyikirano
17/12/2016 - 10:35
Minisitiri Murekezi yafunguye kumugaragaro imurikagurisha ry’ibikorerwa mu Rwanda
17/12/2016 - 10:23
Umushyikirano: Perezida Kagame aragaragaza uko Igihugu gihagaze
16/12/2016 - 16:36
U Rwanda rurasaba abana b’abakobwa kwitabira imyuga
16/12/2016 - 12:42
Jef Neve na Cecile Kayirebwa bahuje imbaraga bataramira abanyarwanda
12/12/2016 - 14:34
Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro inyubako za CHIC na Kigali Heights
9/12/2016 - 14:47