Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Impinja zishwe zikubitwa ku nkuta
10/04/2017 - 18:11
Nyarubuye: Daniel yicaga Abatutsi akabakuramo imitima akayotsa, akayirya
10/04/2017 - 15:43
Abakunzi ba KT Radio bunamiye inzirakarengane z’Abatutsi zazize Jenoside
10/04/2017 - 09:09
Nyarubuye: ishusho ya Yezu yatemaguwe izira gusa n’Abatutsi
8/04/2017 - 19:54
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo gutangiza #Kwibuka23
8/04/2017 - 15:58
Isozwa rya AERG/GAERG Week 2017 Inyagatare
6/04/2017 - 11:53
Cecile Kayirebwa yongeye kwerekana ubudahangarwa bwe muri Gakondo
3/04/2017 - 21:03
Umusirikare w’u Rwanda atakaje ubuzima arengera AERG/GAERG nta gihombo - Gen. Mubarakh
2/04/2017 - 09:29