Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
IPRC Kigali na SNV bahuguye abakora ingomero nto z’amashanyarazi
25/05/2017 - 08:38
IPRC Kigali yahembye abanyeshuri batanu bahize abandi gukora imishinga myiza
23/05/2017 - 08:40
Bimwe mu byaranze ’Kigali International Peace Marathon’
21/05/2017 - 22:04
Gakwaya na Mugabo nibo begukanye Sprint Rally 2017
21/05/2017 - 21:55
Ibyishimo bidasanzwe ku bafana ba Rayon Sports nyuma yo kwegukana igikombe cya Shampiona
19/05/2017 - 11:53
Ibisonga bya Miss Geek bigiye kubyaza umusaruro Miriyoni 3 bahembwe
17/05/2017 - 09:57
Minisitiri w’intebe wa SAO TOME yageze mu Rwanda
9/05/2017 - 23:20
IPRC Kigali yibutse inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
9/05/2017 - 16:18