Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Amashanyarazi ntakiri igitangaza mu Ntara y’Iburasirazuba (video)
28/06/2017 - 12:54
Menya byinshi ku bworozi bw’amagweja avamo ubudodo
27/06/2017 - 11:19
Abakinnyi ba filme bamenyekanye muri "Baby Police" batemberejwe Kigali
25/06/2017 - 22:40
Perezida Kagame yateye ibiti mu gishanga cya Nyandungu kigiye kugirwa ubusitani
25/06/2017 - 09:59
Komisiyo y’Amatora yakiriye kandidatire ya Paul Kagame uhagarariye FPR-Inkotanyi
22/06/2017 - 21:30
Mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri Zambia, Perezida Kagame yabonanye na Kenneth Kaunda
21/06/2017 - 14:27
Polisi y’u Rwanda yungutse aba-ofisiye bato 363
21/06/2017 - 09:02
Byari ibyishimo kubafana ba APR FC nyuma yo gutsinda Bugesera muri "Peace cup 2017"
20/06/2017 - 12:01