Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umunota umwe wo kwiyamamaza k’umukandida wa FPR-Imkotanyi i Nyamirambo
21/07/2017 - 18:24
Umunota umwe wo kwiyamamaza k’umukandinda wa FPR-Inkotanyi Kicukiro
21/07/2017 - 18:18
Mu majyaruguru, Rulindo ni yo yabimburiye utundi turere kwakira umukandida Paul Kagame
21/07/2017 - 13:07
Uko byari byifashe umukandida Paul Kagame yiyamamariza Kicukiro
20/07/2017 - 18:57
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiranywe ibyishimo bidasanzwe mu Bugesera
20/07/2017 - 18:10
Umukandida wa FPR mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu Karere ka Muhanga
20/07/2017 - 16:18
Nyabugogo yakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamariza umwanya wa Perezida
19/07/2017 - 20:39
Ngororero yakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamariza umwanya wa Perezida
19/07/2017 - 09:12