Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Zimwe mu mbogamizi Depite Bamporiki yahuye nazo yandika igitabo "Mitingi Jenosideri"
8/06/2017 - 17:59
No Comment!
8/06/2017 - 15:38
U Rwanda rwifatanije n’amahanga mu kwizihiza umunsi w’ibidukikije
7/06/2017 - 15:39
Abashakashatsi mu by’amateka bagize icyo bavuga ku gitabo "Mitingi Jenosideri"
5/06/2017 - 08:33
No Comment!
2/06/2017 - 15:35
No Comment!
2/06/2017 - 11:16
Byinshi wamenya ku gitabo "Mitingi Jenosideri" cyanditswe na Depite Bamporiki
30/05/2017 - 17:01
Byari ibirori i Nyamata ubwo haberaga umukino wo gusiganwa ku mapikipiki
28/05/2017 - 21:41