Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umwiherero 2017: Abayobozi mu nzira berekeza i Gabiro
24/02/2017 - 20:30
Perezida Kagame yahaye ipeti rya sous-lieutenant abofisiye 478
24/02/2017 - 08:33
Urugendo rwa Humble Jizzo umunsi wo kwambika impeta uwo yihebeye
22/02/2017 - 16:20
Temberana na ba Nyampinga muri Kigali Convention Centre na Radisson Blu Hotel
22/02/2017 - 08:37
Menya umuhanda mushya imodoka zitwara abagenzi zivuye Remera-Nyabugogo zizajya zikoresha
22/02/2017 - 08:36
Ba Nyampinga bahuriye mu gitaramo cyo kugaragaza ibyakozwe no gusinya imihigo
22/02/2017 - 08:33
Temberana na ba Nyampinga I Nyanza mu Rukari ku gicumbi cy’umuco
21/02/2017 - 08:53
No Comment!
21/02/2017 - 08:52