Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda rwatangiye ubuvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda harimo na Kanseri
22/04/2023 - 00:26
President Kagame and Col. Doumbouya address the press in Conakry
22/04/2023 - 00:17
Insoresore z’amabandi muri Kigali akazo kashobotse
22/04/2023 - 00:13
President Kagame and Patrice Talon of Benin address the press in Cotonou
22/04/2023 - 00:03
President Kagame in Guinea-Bissau : Press briefing with his counterpart Embaló
21/04/2023 - 23:57
Umujyi wa Kigali wahagurukiye ibibazo bivugwa mu Mudugudu wa Dubai
18/04/2023 - 11:59
Hari abumvaga ko u Rwanda rutazongera kubaho nyuma ya Jenoside - Gen Kabarebe
13/04/2023 - 19:34
Mu kwibuka Abanyapolitiki bishwe, hamaganywe Politiki mbi y’urwango n’ivangura
13/04/2023 - 18:38
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.