Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Umujyi wa Kigali wahagurukiye ibibazo bivugwa mu Mudugudu wa Dubai
18/04/2023 - 11:59
Hari abumvaga ko u Rwanda rutazongera kubaho nyuma ya Jenoside - Gen Kabarebe
13/04/2023 - 19:34
Mu kwibuka Abanyapolitiki bishwe, hamaganywe Politiki mbi y’urwango n’ivangura
13/04/2023 - 18:38
Umukino ‘Hate Radio’: Uko itangazamakuru ryamamaje umugambi wo gutsemba Abatutsi
9/04/2023 - 15:04
Interahamwe zishe Mama ndeba - Mwizerwa warokokeye i Ruhanga
7/04/2023 - 22:02
Uko Leta ya Habyarimana yashyizeho Auto-Défense Civile ngo hatsembwe Abatutsi
7/04/2023 - 21:57
#Kwibuka29: Perezida Kagame yaburiye abakoze Jenoside bakomeje kwihishahisha
7/04/2023 - 17:39
Irebere uko Perezida William Ruto yakiriwe mu Rwanda
6/04/2023 - 11:17
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.