Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kurikira umuhango wose wo gushyingura Pasiteri Théogène Niyonshuti
29/06/2023 - 22:22
Reba uko Pasiteri Théogène Niyonshuti yaherekejwe bagiye kumusezeraho mu rusengero
29/06/2023 - 20:02
Irebere akarasisi gashimishije mu gusoza Ushirikiano Imara
26/06/2023 - 20:19
Kurikira ikiganiro Perezida Kagame na mugenzi we wa Zambia bagiranye n’abanyamakuru
22/06/2023 - 15:55
Perezida wa Zambia yunamiye abazize Jenoside baruhukiye mu rwibutso rwa Kigali
22/06/2023 - 12:33
Irebere uko Perezida wa Zambia yakiriwe na mugenzi we w’u Rwanda
22/06/2023 - 12:01
Impamvu zatumye Maj Gen Aloys Muganga na Brig Gen Mutiganda birukanwa muri RDF
14/06/2023 - 22:34
Irebere uko ibiro bivuza ubuhuha mu irushanwa #MemorialRutsindura
14/06/2023 - 16:41
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.