Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Jay Jay Okocha and other football legends interact with Rwandan University students
20/03/2023 - 21:32
UK Home Secretary lays foundation stone for Gahanga building project
20/03/2023 - 21:28
U Rwanda rugiye kwakira imikino ihuza Polisi z’ibihugu bya EAC. Polisi y’u Rwanda yiteguye ite?
19/03/2023 - 19:08
UK Home Secretary Suella Braverman & Rwanda’s Foreign Affairs Minister address the Press in Kigali
18/03/2023 - 22:01
Gen Marcel Gatsinzi yasezeweho bwa nyuma, Perezida Kagame akomeza umuryango we
16/03/2023 - 23:23
Twaganiriye na Mama Pakita, umukobwa wa Karasira J. Jacques hamwe n’abahoze muri Pakita
16/03/2023 - 15:08
FIFA Congress: Kagame and Infantino welcome remarks
16/03/2023 - 14:46
Umusifuzi Salima yafungiye inkweto Perezida Kagame
16/03/2023 - 14:32
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.