Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05
Volleyball: Police yatsinze Kepler bigoranye amaseti 3-2
6/12/2025 - 12:09Iziheruka
Reba ibyaranze igikorwa cyo gutaha ikigo IRCAD cy’ubushakashatsi n’amahugurwa kuri kanseri
8/10/2023 - 22:48
Reba uko abafana ba Rayon Sports bayiherekeje kugera i Nyamirambo
25/09/2023 - 15:46
Patel yegukanye Rwanda Mountain Gorilla Rally, ibyaranze umunsi wa nyuma
25/09/2023 - 09:37
Ihere ijisho uko umunsi wa kabiri wa Rwanda Mountain Gorilla Rally wagenze
24/09/2023 - 15:53
Umugore n’abana be babiri bishwe n’ibiza ku Gisozi bashyinguwe
23/09/2023 - 00:11
Reba ibirori byo gutangiza Rwanda Mountain Gorilla Rally 2023
22/09/2023 - 23:59
Umujyi wa Kigali wasobanuye ibyo gufunga amahema akorerwamo ibirori
22/09/2023 - 23:48
Isiganwa ry’amagare ku rwego rw’Isi ryahawe ikaze mu Rwanda
22/09/2023 - 23:41
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.