Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
SHAUKU BAND: Uko ubuhinzi na ruhago babiteye ishoti, biyegurira muzika
2/11/2023 - 23:29
Inkingi z’umuziki Nyarwanda zahawe ibihembo
2/11/2023 - 23:24
Naterwaga ipfunwe no kuba Umunyarwanda - Uwimbabazi Sandrine ukora muri MINAFFET
2/11/2023 - 23:15
Se wavuraga Perezida Habyarimana, yaguye mu ihanurwa ry’indege (Ubuhamya)
31/10/2023 - 12:24
Icyo twiyemeje ni u Rwanda rudaheza - Madamu Jeannette Kagame mu Ihuriro rya 16 rya Unity Club
31/10/2023 - 12:12
Boyz II Men take music fans down memory lane with a nostalgic show in Kigali
31/10/2023 - 10:05
Irebere igitaramo cyo gusoza Trace Awards 2023
24/10/2023 - 15:57
GAERG isanga siporo izafasha mu kwita ku buzima bwo mu mutwe
23/10/2023 - 15:29
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.