Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Irebere udushya twaranze itangwa ry’ibihembo bya Trace Awards
23/10/2023 - 11:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya mu Rwanda
18/10/2023 - 22:46
Kurikira umuhango wo gutangiza inama mpuzamahanga ku Itumanaho Rigendanwa
18/10/2023 - 15:00
Imboga ahinga mu rugo zimufasha gutunga umuryango we muri Kigali
17/10/2023 - 12:16
Umujyi wa Kigali wungutse bisi nshya 20 zitwara abagenzi
14/10/2023 - 00:14
Israel Ambassador to Rwanda updates media on war against Hamas
13/10/2023 - 23:51
Reba ibyaranze igikorwa cyo gutaha ikigo IRCAD cy’ubushakashatsi n’amahugurwa kuri kanseri
8/10/2023 - 22:48
Reba uko abafana ba Rayon Sports bayiherekeje kugera i Nyamirambo
25/09/2023 - 15:46
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.