Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda: King Abdullah II bin Al-Hussein of Jordan pays tribute to victims of the Genocide
8/01/2024 - 19:12
Twaganiriye n’impuguke muri Basketball ku mpamvu zaba zaratumye NBA Africa igirira icyizere Clare Akamanzi
6/01/2024 - 21:00
Kigali: Reba uko binjiye mu mwaka mushya wa 2024
1/01/2024 - 10:22
Polisi iraburira ababangamira abandi kuri Bonane
31/12/2023 - 22:43
Ntabwo turi guhangana na Zari - Kigali Boss Babes
31/12/2023 - 22:35
Umuhanzi Ruti Joël yanyuze abitabiriye igitaramo ‘Rumata wa Musomandera’
28/12/2023 - 10:33
Reba uko byari byifashe ubwo Muyango yamurikaga Album ‘Imbanzamumyambi’
26/12/2023 - 22:13
Icyo Umujyi wa Kigali uvuga ku kwimura abatuye mu manegeka no kuvugurura Matheus
26/12/2023 - 22:00
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.