Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
QUEEN CHA yagaragaye mu mabara ya Mukura aririmbira aba Rayons byibazwaho
10/07/2019 - 16:50
Biratangaje: Mugiraneza ufite ubumuga bwo kutabona abasha gukoresha Computer
9/07/2019 - 23:07
Reba udushya twaranze igitaramo cya Muzika cyo #Kwibohora25
9/07/2019 - 22:43
Kagame: Ni biba ngombwa ko bidusaba kongera kurwana, turiteguye!
4/07/2019 - 18:51
#Kwibohora25: RDF Band yaryohereje abaturage mu karasisi kabereye ijisho!
4/07/2019 - 18:34
Kwibohora25: Perezida Kagame yatashye umudugudu w’icyitegererezo wa Karama (Video)
3/07/2019 - 17:39
Perezida Kagame yagarutse ku mateka y’Ingoro y’Inteko ishinga amategeko mu rugamba rwo kubohora u Rwanda (Video)
3/07/2019 - 08:29
Gakwaya Jean Claude yegukanye isiganwa ry’Imodoka rya Huye Rally 2019
2/07/2019 - 16:23
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.