Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
EXPO 2019: Kiwnjira bisaba Mobile Money - Reba uko bikorwa
24/07/2019 - 16:12
Reba uko umuhango wo gushyingura Senateri Bishagara Kagoyire wagenze
21/07/2019 - 14:10
Perezida wa Sena yagarutse ku bigwi bya Senateri Bishagara Kagoyire
21/07/2019 - 14:04
Ku myaka 63, atunzwe no kwambutsa abanyeshuri umuhanda, Ahembwa Rwf30,000!
20/07/2019 - 12:31
Mico the Best yihakanye umuzungukazi bamaze iminsi bavuga ko bakundana
20/07/2019 - 12:24
Social Mula: Nta kibazo nagiranye na Theo kandi siniteguye gukorana na Muyoboke
20/07/2019 - 11:57
Reba uwahimbye "Maji Maji" Indirimbo yahaye morale cyane Inkotanyi
14/07/2019 - 10:58
Icyivugo cya Sg Maj Robert kiratangaje
14/07/2019 - 10:34
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.