Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abaholandi n’Abayapani begukanye Rubavu Beach Volleyball
30/08/2019 - 09:17
Kaminuza y’Abadiventiste (AUCA) yujuje Ishuri ry’ubuvuzi // Itorero rigiye kwizihiza imyaka 100
24/08/2019 - 19:29
Abahanzi Ne-Yo na Meddy batumiwe mu birori byo #KwitaIzina19
20/08/2019 - 23:06
Diamond yarijije abakobwa b’i Kigali na bo bamukaragira umubyimba (Video)
18/08/2019 - 19:34
Moto zisanzwe zigiye kuvaho haze izikoresha amashanyarazi
14/08/2019 - 22:06
Aba basore berekanye udukoryo mu muhango wo gutaha Kigali Arena
14/08/2019 - 21:55
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kigali Arena
12/08/2019 - 21:08
#Umuganura2019: Niba utarabonye utu dukoryo, wagize igihombo gikomeye
3/08/2019 - 15:56
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.