Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yvan Buravan yataramiye Abanya-Benin karahava
24/02/2019 - 05:58
Ihere ijisho amarushanwa yo kurasa y’ingabo z’u Rwanda
22/02/2019 - 12:56
Dusabimana Emmanuel Luck Fire ’Michael Jackson’ wo mu Rwanda aratangaje pe
22/02/2019 - 12:34
Kuba umufotogarafe mwiza bisaba kuba utari umunebwe - MUZOGEYE Plaisir
22/02/2019 - 12:28
Intwaza Bagirinka yasabye urubyiruko kubakira ku byiza igihugu kimaze kugeraho
19/02/2019 - 15:48
Hejuru ndi muto hasi harataratse - Miss Gisabo
19/02/2019 - 15:40
Ubyumva ute kuri EAC hamwe na Amb. Olivier Nduhungirehe, Dr Christopher Kayumva na Edmond Kagire
8/02/2019 - 10:34
Miss Jolly Avuga kuri Mwiseneza, Meghan ndetse n’ijambo ’Girl’ ryamusobye muri Miss Rwanda
8/02/2019 - 10:18
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.