Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mu isoko rya Nyarugenge biyemeje gukaza ingamba zo kwirinda COVID-19
8/09/2020 - 20:03
Gutanga amaraso ni ugatanga ubuzima. RBC yatangije ubukangurambaga bwo gutanga amaraso
3/09/2020 - 15:51
Nyuma yo gufungurirwa isoko rya Nyarugenge biyemeje gukaza ingamba zo kwirinda COVID-19
3/09/2020 - 15:47
Yabonye umwenda umubyeyi we yari yambaye mu mibiri yabonetse i Nyamirambo (Video)
2/09/2020 - 11:07
Paul Rusesabagina yafashwe, agezwa mu Rwanda: Dore ibyo ashinjwa
1/09/2020 - 14:00
Menya Burusheti yitwa Umusigati yahogoje Abanyakigali
30/08/2020 - 10:55
Mahama - Nemba: Ibyo utabonye impunzi z’Abarundi zisubira iwabo (Video)
30/08/2020 - 10:39
Ubona iyi mihanda mishya izakemura ikibazo cya ‘embouteillage’ muri Kigali?
23/08/2020 - 15:31
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos