Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ikimero cye gituma aho anyuze bamurangarira - Fofo wo muri Papa Sava
27/06/2020 - 13:41
Nkiri umupadiri agatima kahoraga karehareha nshaka umugore - Nambajimana Donatien
24/06/2020 - 22:24
Abamotari babiri basanzwemo Coronavirus muri Kigali. Bagenzi babo byabakanguye bakaza ingamba
24/06/2020 - 21:54
Mimi la Rose yatubwiye amateka ya Mama Munyana waririmbwe na Orchestre Impala
24/06/2020 - 21:22
Abiyitaga abapolisi bakuru bakiba abaturage amafaranga babizeza Perimi batawe muri yombi
20/06/2020 - 19:34
Aline Gahongayire arifuza ko indirimbo ze zihimbaza Imana zacurangwa mu tubari no mu tubyiniro
20/06/2020 - 19:14
Kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19, kubeshya no gusuzugura Polisi byabakozeho
19/06/2020 - 11:46
COVID-19: Bafashwe batorotse #GumaMuRugo i Rusizi, abandi bafatwa baraciye iz’ubusamo bava Uganda
14/06/2020 - 21:24
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos