Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rayon Sports ifite ideni rya miliyoni Rwf800, kuri konti hari Rwf200,000 gusa
23/09/2020 - 13:13
Siporo rusange ya mbere yabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19
20/09/2020 - 15:22
Ubu mu Rwanda umugore ashobora gutwitira mugenzi we
19/09/2020 - 18:32
Rusesabagina muri gereza: Urukiko rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo
18/09/2020 - 11:58
Rusesabagina mu rukiko. Uko urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo rwagenze
15/09/2020 - 09:20
Video: Byagenze bite ngo havugwe ko Dr Mukwege yatewe ubwoba na Gen Kabarebe?
10/09/2020 - 13:21
Umwali Fanny: Rudatsimburwa yari yarantwaye uruhu n’uruhande, uko twakundanye biratangaje
8/09/2020 - 21:27
Abarokotse ibitero bya FLN barifuza ko Rusesabagina yajyanwa aho byabereye
8/09/2020 - 20:49
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos