Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore za ngabo za Red Tabara ziherutse gufatirwa mu Rwanda
5/10/2020 - 20:08
Batawe muri yombi bazira kugura ibyibano (Video)
5/10/2020 - 19:49
Ibisabwa amashuri yemerewe gufungura mu rwego rwo kwirinda COVID-19
3/10/2020 - 10:24
Polisi iraburira abantu basigaye batanga inzoga muri za teremusi
3/10/2020 - 09:18
Nyabugogo: Ikibazo cy’imyuzure ituruka muri Mpazi kigiye kuba amateka
2/10/2020 - 09:20
Leta nitemerera urubyiruko kuboneza urubyaro yitegure kurera abana ruzabyara- Abasesenguzi
30/09/2020 - 13:57
U Rwanda rwanze kuba cya kirahure cyuzura amazi akameneka, ubu twese tugikwirwamo - Perezida Kagame
30/09/2020 - 13:30
Ganira na Producer Element w’imyaka 20 wazanye impinduka muri muzika nyarwanda
27/09/2020 - 22:56
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos