Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Iyo Umunyarwanda azamuwe mu ntera kubera ubuhanga n’ubushobozi turishima- Perezida Kagame
7/12/2020 - 18:26
Polisi yerekanye abantu batatu bakekwaho kwiyitirira Polisi bakiba abaturage
5/12/2020 - 23:44
Imurikagurisha mpuzamahanga ry’uyu mwaka i Kigali rizakorwa mu buryo budasanzwe
4/12/2020 - 10:28
Alexandre Lenco: Ubumuga bwo kutabona ntibwanciye intege ubu ntuye mu nzu nubakiwe na muzika
4/12/2020 - 08:09
Polisi yerekanye batatu bakekwaho gukora inyandiko mpimbano
2/12/2020 - 15:18
Ryoherwa n’igitaramo cya Iganze Gakondo itsinda ry’abasore bihebeye inganzo gakondo
2/12/2020 - 15:06
Busanza: Aba mbere bari batuye muri ‘Bannyahe’ bimutse kuri iki Cyumweru
29/11/2020 - 13:19
Kompanyi y’Indege yo muri Israel yatangiye gukorera ingendo mu Rwanda
26/11/2020 - 20:27
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos