Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24Iziheruka
U Rwanda rurasaba abana b’abakobwa kwitabira imyuga
16/12/2016 - 12:42
Jef Neve na Cecile Kayirebwa bahuje imbaraga bataramira abanyarwanda
12/12/2016 - 14:34
Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro inyubako za CHIC na Kigali Heights
9/12/2016 - 14:47
Perezida Kagame na Madamu we basangiye n’abana iminsi mikuru
5/12/2016 - 10:24
Indi ndege ya kabiri "AIRBUS" A330-300 yageze i Kigali
2/12/2016 - 09:56
Gahunda ya NEP ’Kora Wigire’ yashyize ku isoko ry’umurimo ba gafotozi 77
22/11/2016 - 15:55
Valens Ndayisenga niwe wegukanye Tour du Rwanda 2016
21/11/2016 - 10:34
Tour du Rwanda 2016: Valens Ndayisenga yegukanye agace ka Musanze-Kigali
19/11/2016 - 23:51
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo