Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44Iziheruka
Uko byari bimeze ubwo imvura idasanzwe yagwaga mu mujyi wa Kigali
23/01/2017 - 10:33
MUSANZE: Kugemura urwagwa bibinjiriza menshi
19/01/2017 - 19:08
Nzayisenga Sophie amaze kwogoga Isi kubera gucuranga inanga
19/01/2017 - 18:50
Itsinda rya Active bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo "FINAL"
18/01/2017 - 15:07
Umuhango wo gutabarizwa k’Umwami Kigeli V Ndahindurwa mu mashusho
16/01/2017 - 08:45
Uko byari byifashe I Mwima ya Nyanza mbere yo gutabariza Umwami Kigeli V
15/01/2017 - 09:39
RDF iri gufasha MINISANTE gukemura ikibazo cy’ibura ry’amaraso
14/01/2017 - 17:28
Igikorwa cyo gushaka uzaba Miss Rwanda 2017 cyaratangiye
13/01/2017 - 13:22
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo