Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Temberana na ba Nyampinga I Nyanza mu Rukari ku gicumbi cy’umuco
21/02/2017 - 08:53
No Comment!
21/02/2017 - 08:52
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Visi Perezida w’Ubuhinde n’intumwa ayoboye
20/02/2017 - 19:17
Rayon Sports y’abakinnyi 10 yasezereye Wau Salaam muri CAF Confederation Cup
19/02/2017 - 23:04
Undi munyarwanda yanditswe mu gitabo cy’abanyaduhigo!
19/02/2017 - 10:23
APR FC isezerewe mu gikombe cy’afurika na Zanaco
19/02/2017 - 10:18
Sina Gerard atunze indogobe zumva ikinyarwanda
17/02/2017 - 15:49
Amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye 2016 yatangajwe
16/02/2017 - 21:35
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo