Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44Iziheruka
Ambasaderi w’u Rwanda i Vatican arasobanura byinshi ku biganiro byahuje Perezida Kagame na Papa Francis
22/03/2017 - 12:15
AERG/GAERG yasubiye gusura abo yubakiye
22/03/2017 - 09:59
Nyundo: Umuziki unogeye amatwi mu birori byo gutanga impamyabushobozi
21/03/2017 - 20:51
Papa Francis yakiriye Perezida Kagame na Madame i Vatican
20/03/2017 - 17:40
Bugesera: Ibikorwa byo gusukura imibiri y’abazize Genocide
19/03/2017 - 22:42
Imirimo yo gukora umuhanda wo mu Mujyi-Nyabugogo irarimbanije
17/03/2017 - 09:42
Hirwa Honorine "Igisabo" umukobwa urangwa n’amarira
15/03/2017 - 21:47
Imfura z’ishuri rya muzika ku Nyundo ziravuga ibyiza byo kwiga muzika
15/03/2017 - 09:07
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo