Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24Iziheruka
Udushya twaranze ikiganiro Pasiteri Mpyisi yagiranye n’abanyamakuru!
12/01/2017 - 11:00
Abahindiro baranyomoza amakuru y’Umwami watangajwe nk’umusimbura wa Kigeli V
12/01/2017 - 10:38
WDA na FERWABA batangije "Academy" ya Basketball mu Rwanda
11/01/2017 - 12:21
Uko byari byifashe ubwo umugogo w’Umwami Kigeli wagezwaga mu Rwanda.
9/01/2017 - 17:40
Perezida Kagame yageze mu Buhinde mu ruzinduko rw’iminsi ine.
9/01/2017 - 17:32
Umujyi wa Kigali wategetse abakorera mu nzu zagenewe guturwamo kwimuka! (Video)
6/01/2017 - 14:14
The Ben yakoze igitaramo cy’amateka i Kigali
5/01/2017 - 16:56
Uburyo Charly & Nina, Buravan na Melody bitwaye mu gitaramo cya The Ben
5/01/2017 - 09:39
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo