Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02
Volleyball: Police yihimuriye kuri REG iyitsinda amaseti 3-1
8/11/2025 - 10:42Iziheruka
Uburyo Umwami Mohammed VI wa Maroc yakiriwe ku kibuga cy’indege
19/10/2016 - 06:53
Ibitaro bya mbere mu Rwanda byagemuriwe amaraso na "Drone"
18/10/2016 - 19:26
Huye: Uburyo isiganwa ry’amamodoka ryagenze
18/10/2016 - 12:42
Huye bishimiye kubona Moto ziguruka bari bamenyereye muri firime
17/10/2016 - 15:46
Inyubako ya KCC yandikiwemo amateka ku rwego rw’isi!
17/10/2016 - 12:50
Kwinjira mu Rwanda nta Visa, byatumye abafaransa 2 bahambirizwa
17/10/2016 - 12:45
Inganzo Ngari zatumye abanyamahanga bifuza kumenya guhamiriza
14/10/2016 - 14:04
Bruce Melody yemeza ko ayingayinga Riderman muri Hip Hop
13/10/2016 - 16:56
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo