Wamenya ute ko umukobwa agukunda?

Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.

 akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.

 ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.

 ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.

 igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.

Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.

Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?

Ernest Kalinganire

Ibitekerezo   ( 298 )

uzamureke uzasha keundi tu!

DUSHIMIRIMANA yanditse ku itariki ya: 26-11-2015  →  Musubize

Nje Ndi Mu Burnd Nakunze Umukobwa Ariko Ntiyigera Anbwira Kankunda Abyandi Muri Sms Cank Akabivuga Kw’ifone Nagomba Mungirinama Nokor’ iki?

Ndayishimiye Fabrice yanditse ku itariki ya: 14-11-2015  →  Musubize

nikibazo nkundana numukobwa pe ndamukunda cyane rwose kdi ntacyo adakora ngo abone nishimye ,ntangora kdi mbona anyubaha kdi akanyubahira nabanjye ark ngira ubwoba namwiha wese ngasanga n’uburyarya ndifuza inyunganizi mbaye mbashimiye

kubwayo vital yanditse ku itariki ya: 11-11-2015  →  Musubize

nakundanye numukobwa imyaka 2 , but now mbona urukundo hagati yanjye nawe rugabanuka buhoro buhoro. ndamukunda gerageza kubimwereka gusa nawe ambyira ko ankunda, nakoriki kugirango mbone ko ambyizukuri? ntinya kuba nakwihebera umuntu atankunda byukuri.

Janvier Dusabimana yanditse ku itariki ya: 31-10-2015  →  Musubize

umukobwa nakunze nge bwona ibyakora atari urukundo gusa kuko buruko tubonanye anzanira impano kandi jye we ntazo muha ubwo navugako uwo mukobwa ankunda cyagwa nuburyarya urakoze

uwihoreye elie yanditse ku itariki ya: 22-10-2015  →  Musubize

Gukunda nivyiza ariko biragoye kumenya uwukunda niba agukunda byukuri

Rose yanditse ku itariki ya: 25-09-2015  →  Musubize

kimw ntamu6 umukobw nah yob agukund gut yanezerw ur kumw naband

harimungu alain yanditse ku itariki ya: 23-09-2015  →  Musubize

gukunda nivyiza cane iyo uvyitwayemwo neza

willy yanditse ku itariki ya: 21-09-2015  →  Musubize

Ndabakunda cyane! mutubwira inyigisho zubwenge.
Nabazaga ukunda umukobwa atagukunda
Dakota iki?

Juan pablo yanditse ku itariki ya: 8-09-2015  →  Musubize

gukunda nibyiza ariko ntimubishaka kandi
ngobabagire inama gusa inama nabagira murukundo. ntuzifuze kugisha umuntuwese inama uzabikore uko. umutima wawe ukuyobora nahubundi urukundo rwbayenka barafu nakunze umukobwa byarangiye ndikugerageza nokwiyahura imana niyo yakinze ukuboko ubwose muravugikikoko gusa ndabasabiye mwemugikundana

nshimiyimana emile yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

gukunda nibyiza ariko ntimubishaka kandi
ngobabagire inama gusa inama nabagira murukundo. ntuzifuze kugisha umuntuwese inama uzabikore uko. umutima wawe ukuyobora nahubundi urukundo rwbayenka barafu nakunze umukobwa byarangiye ndikugerageza nokwiyahura imana niyo yakinze ukuboko ubwose muravugikikoko gusa ndabasabiye mwemugikundana

nshimiyimana emile yanditse ku itariki ya: 21-08-2015  →  Musubize

Nkunda Umukobwa Ariko Ntarabwira Kankunda Kandi Jewe Ndamukunda Ndabigenze Gute?

Nshimirimana Dieudonne yanditse ku itariki ya: 16-08-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka