Wamenya ute ko umukobwa agukunda?
Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.
– akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.
– ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.
– ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.
– igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.
Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.
Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 298 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Jewenkunze umukobwa mugabo arikurenzanje kandi iwabo nimuri ville jewe iwacunimucaro ndamukundacane kandi nawe abwirango arankunda ariko jeweniyumvirakoyoba ambesha nimugire inamayiconokora.
Nda Bashima Kdi Muratwemeza Thx Mukomerezeho. Cyut
Nkunda Inkuruzanyunziza Mutujyezaho
na shaka munyunganire ndu murundi.narakunze umukobwa cane .naramubwiye ko ndamukunda ariko ntiyanyishuye.mwonfasha iki?
nakunz umukobwa ndabimubwira agiye kunsubiza ansubiza anyandikiye ambwira ko atabishora gukukundana ngo impamvu ntabwo abyiyumvamo ariko kumwikuramo byarananiye pe ndaryama nkamurota none nimungire inama murakoze
Umuko bwa mutari kumwe wobimenya gut ko agukunda wara musavye urukundo
umukobwa nkunda mukunz umwaka atabizi arko bimwereka nabimusavye tariki ya10 none nkore iki ngo akomeze kunkunda.?
NDI UMURUNDI GUKUNDA NIKIBAZO GIKOMEYE KUKO ABAKOBWA BENSHI NABABESHI NONE KO JEW NABUZE UMUKOBWA WUKURI BOS BASHAKA KURYA UMUHUNGU GUSA KAND NTAWONEZERWA ABONA UVUGANA NABANDI
Gukunda Ugakundwa Biradyoshe Cane
GUKUNDWA NI UMUGISHA GUSA ICYO TUGOMBA KWIRINDA AKAJAGARI.UGAKUNDANA NUMUNTU UMWE BITABAHIRA UKABONA UGASHAKA UNDI MUKUNZI PLEASE BYOSE MUGUCABUGUFI NO GUSHISHOZA , KUBABARIRANA KDI UMUNTU NI UMUNTU.
Ntamukobwa Yemera Ko Umuvanga Nabandi.
Ntamusi Numwe Umukobwa Ahimbarwa Abonye K’umuvanga.