Wamenya ute ko umukobwa agukunda?
Kugira ngo umenye ko umukobwa agukunda hari ibimenyetso akora byerekana ko agukunda. Ibimenyetso bikurikira ni ibyo abantu besnhi bakunda guhurizaho.
– akubaha uko uri: arashima, agushima uko akubona. Ushobora kuba hari aho ufite intege nke ariko akagukunda abizi.
– ntagusaba ibyo udafite: bisigaye byarateye ko abakobwa bamara gukundana n’abahungu bagatangira kubagerekaho imitwaro. Umukobwa ugukunda ubona ntacyo agutegerejeho usibye urukundo umukunda.
– ntagira ishyari: umukobwa ugukunda urukundo rw’ukuri ntaguterera induru ngo akubuze amahoro ngo uganira n’abandi bakobwa, ubona akwizeye kandi yiteguye kuguha uburenganzira bwawe.
– igitangaje ni uko umukobwa ugukunda ashobora kukwemerera mugakora byose by’urukundo ariko agatinya ko mwahuza igitsina. Aba yanga ko urukundo rwanyu rwakwicwa no gupfundura agaseke hakiri kare harimo nuko ushobora kumutera inda mukiri bato urukundo n’imibereho bikangirika.
Urukundo gusa ni amayobera byose bisaba gushishoza umusore n’inkumi bakirinda guhubuka, turabizi ko amaraso aba ashyushye kandi urubyiruko rumeze nk’impumyi ku bibazo birwugarije; nk’uko. Tubikesha urubuga Ikibatsi.com.
Usibye ibimenyetso twabonye haruguru, wowe ubona ari bihe bimenyetso byerekana ko umukobwa akunda umuhungu?
Ernest Kalinganire
Ibitekerezo ( 298 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Kund ugukund kuk kirazirazr kwiruk kuwatagushaka kuk har bensh uft amahrw yo gukund uwo ushats kand mwiz
MFISE UMUKOBWA TUBANA MURUPANGU AFISE UNDI BAKUNDANA ARIKO WEWE NTAVYEMERA KO BIKUNDANYE ASHAKA NGO DUKUNDANE NKAGUMANA AMAKENGA NKENEYE IMPANURO MURAKOZE
nanjye ndi murukundo ark sinemeza ko uwo turubanye mo ko ankunda koko rero ni amayobera
Inamananagira abakundanukowakunda ugukundakuko uwo ukunda akunda abandi ugafata ikemezonkumuntuwumugabontabe umwanamubyo ukora.murakozekunva igitekerezocyange
EREGA BIBAHO ARIKO NUKWIHANGANA KDI WIBUKEKO BAVUGANGO KUNDA UGUKUNDA KUKUWUKUNDA AKUNDA ABANDI BANZA UMENYENGO ESE NTAWUNDI AFITE ?NONEHO UFATUMWANZURO WICYO WAKORA MUVANDI KANDI WIHANGANE URUKUNDO NIKO RUMERA
jew ndi umurundi burya urukundo nihatari jew nakunz umukobw kand nawenyene akambwira ko ankunda ariko ubu nkaba mbona atanyitayeho kand nkaba mbona uwundi muhungu wumugenzi biyaga bigatuma nibaza ko uwo mugenz wiwanje yoba ariw akunda ariko uw mukobwa aguma ambwira ko ankunda none nimungire inama nkoriki?
ndi umurund abaker barayamaz ngo akagumy bagumak sha nimb umukund komez kumbur naw azobon kumukund maz akwemere kand urukund rwany ruzob ruryosh
urukund rwub namayober mug iyo muhuy mwes mukundan kand mwiyumvanamw atakwikekan ntakibuz urukund ko rukomer ndets mugashik nokuc mwifuz
Ndi Umurundi Nakunze Umukobwa T Wiga Mu 7 Nubundacamukunda Ariko Yaranse Kunkunda Twiga 10 None Nkore Iki?
You can’t be successiful without lover but nigombwa gushyiramo ubushihozi cyane kko abenshi ni ababeshi abandi ni aba escro ni nryarya zida shirimbere ibyagaciro.thx
Urukundo Rwubunamayobera Nakunze Umukobwa Mumezi Abiri Anya IMyambaro Ubwonurukundo Cyangwa Niyariyankuye Nti Rwarabye Kuko Twahisetubipfa
Urukundo rwubu nihatari usigaye utereta umukobwa hashira igihe undi yamuvugisha afite amafranga wamukobwa akagukatira