My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
NDIMANIZABAYO KAMPAL EWASA IYAMBE ABADAFITE AMASHANYARAZI MUBATUBARIZE
Uko ba Mayors bimura abakozi bikaba byarabaye businesi; bo bagiye bimurwa akavanwa mu Karere amaze mo igihe; akajya mu kandi bamwe basigaye birirwa barongora abagore ba bandi bitwaje ububasha bafite.
Akavuyo Kuri gare ya KABUGA karakabije wagirango ntihagira uhayobora .mumarembo yagare niza moto amagare abakarani abajujura abakarasi mbese urwo ruvange rose rubangamiye aba shoferi binjira muriyo gare tutibagiwe abagenzi bibwa burimunsi .muta are.
TURASABA EWAS KO YATUGEZAHO UMURIRO MUKAGALI KA RUTARE UMURENGE WA RWEMPASHA AKARERE KA NYAGATARE UBU BUBAYE UBWA (3 TUBANDIKIRA KO MUTUVUGANIRA NTAKISUBIZO MUTUGEZAHO TURABABAYE PE! MURAKOZE.
reb yananiwe kuzuza ibyo yemereye abanyeshuri bakaminuza,kugeza ububarategereje amaso yaheze mukirere,ndi muri U-R-CAVM-BUSOGO CAMPUS.
nasabaga rurindo ko yaduha umuriro mugasatere ka kivugiza na kabuga ho mu murenge wa masoro murakoze.
abakarasi bi rwamagana babangamiye abagenzi ndetse nitabi bicyara banwa
Nukuri nangenibereye Kampala sukompishimiye,nangenagiye mpunze umugorewange.nasabaga kutugereza kuri leta igitekerezo cyogukangurira abagore kubaha abagabobabo.kuko,baradukoresha,amakosape!turashirira mumagereza,ahobukera.uburinganire bamwebabufashe,ukobutaripe!birakabije.murakoze.
NDABAKUNDA ARIKO MUDUHE N’AMAKURU Y’IMIKINO.THANKS
Nukuri Haniwacu Umuriro Ni Kibazo Muri Burera Mumudugudu Mugeshi Akagari Kabyiniro Mutubarize
Turashima Nyakubahwa Perezida Warepuburika y’urwanda ibyiza atugezaho, Natwe Mukarere Ka Nyabihu Umurenge Wa Jenda Akagali Ka Gasizi Umudugudu Wa Rwanamiza ,twishwe Nicyuraburindi Ntamuriro Dufite Kandi Abaturage Batanzamafaranga,MUTUBARIZE EWSA.
Muravuga imiriremibi muri KAYONZA !muzaze NDEGO mazemurebe aho abantu baryanabipe !!Ubuhowagirango nimubutayu.