My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1430 )
Ohereza igitekerezo
|
|
ukotwamutoye’nikotuzonge’rakumutora’100.100’yatugejeje’kuribyishi’nayobere’imwaka10’tumurinyuma
Turashimira umubyeyi wacu nyakubahwa president uburyo adahwema kudushakira ibyateza imbere abanyarwanda nka gira inka nibindi ,ariko nyabuneka abo bayobozi banyaruguru basobanure neza iryo tegeko rishya kubijyanye n ubutaka koko abaturajye ntibapfa kubyumva mubabe hafi kbs bizagenda biza.
mwadufasha ko natwe dufite impano yo kwiga name inyamaswa?
turashima nyakubahwa perezida warepeburika koya duhaye umuhanda wakaburimbo kibuye cyangugu ukaba ugiye kuzura imana ikomezekumurinda akomeze kutuyobora tumurinyuma
Aliko iyi Kigalitoday;inkuru yandika kuli Kirehe inyinshi ko mbona bibanda ku bibi ntabyiza bihali bakwandikaho koko?
Turashimira Perezida Paul Kagame,ariko abaturage batuye muri za centres za Cyabwana,Nyagahita(MIMULI_Nyagatare), Gihengeri(MUKAMA-nyagatare),turamutakambiye kuko icuraburindi ritumereye nabi,turamusaba ko yatwibuka nk’abandi banyarwanda,turasaba Kigalitoday kuzadusura bishobotse ikatubera umuvugizi ba GITIFU NA MEYOR ntacyo batumariye
Abana bata amashuri nibakurikiranwe kdi berekwe ibyiza byo kwiga batazahava batwarwa abagabo(abagore)bagiye gusomesha ahandi.
Gitifu w’umurenge wa Ngarama /Gatsibo arakoresha itera bwoba
ubwo nibyo bantu ?
mu karere ka gicumbi umurenge wa bukure , ntakizere cyo kubona amazi dufite rwose , mutureme agatima naho ubundi turi mw,icuraburindi.
hano mu karere ka huye mukagali ka kabuye ubuyobozi nibudutabare kukibazo cyo kubura amazi biri gutuma indwara ziyongera
mugitondo cyo kuwa 06/09/2015
haramasiganwa y’amagare
mumuhanda wa tapi rouge ugana nyabugogo
byari bishyushye binogeye amaso
IGICUMBA BIRAKABIJE IKIBAZO CYUMWANDA MUNGO HARABAKIRARANA NAMAYUNGO MUNZU MURAKOZE ARIKO MUTUBARIZE UMUYOBOZI KO ABIZI