My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1378 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Nasabye umukobwa,muri 2011.ndakwa,dusezerana mumurenge,no murusengero.tumaranye,imyaka11,tubyaranye abana4,none uwo mugore we nase,bagiye guporotika muri rib,ngo namurongoye imyaka itageze,nkibaza ngo umubyeyi yariye inkwano,umwana adakuze!Ndasaba kurenganurwa murakoze.
Ni jmv hano mumurenge wa miyove akagal kamiyove akarere kagicumbi dufite ikibazo cyamazi yabuze.
Ni gilbert ntuye imusebeya akagari rugano dufite ikibazo cyamashanyarazi
dutuye mukarere kakayonaz mumurenge wamwiri mukagari kanyamugari mumudugudu warwazana dufikibazo cyumuriro wamashanyarazi turasaba perezida por kagame koyatugezaho iryoterambere murakoze?
Ntuye mu mudugudu wa buroha imyaka 2ans irashize Dufite ikibazo cyo kuba LEG yaratwimye umuliro w’amshanyarazi kandi twegereye ibikorwa Remezo bya LETA.
Mudufashe baduhe imodoka bakozaho carte ligne Nyabugogo-Gaseke-kajevuba-Rusine-Marenge.
Gutega biratugora.
Murakoze.
Ntuye Ntarabana (Rulindo)kuva COVID yaza ligne yacu ntigira ibiciro bizwi(Nyabugogo-Gaseke,kajevuba,Rusine,Marenge)twishyura nkabagiye Byumba(Gicumbi)umuntu ukorera kgli na ticket ntivamo,urebye nuko ibiciro biriho bimeze.
Mwatuvuganira bakaduha za modoka bakozaho carte?
Murakoze.
mukarere ka HUYE dufite ikibazo kimvura kabisa
Ndashimira abayobozi ubwitonzinubushishozibakoresheje
Natwemuzadutumiredufiteabakobwabeza murakoze.
Dukunda inkuru zanyu zikoranye ubuhanga nkaba nange nifuza kuzaba nkamwe cyane ko nkunda amakuru n’ibiganiro byanyu nka:" DUNDA SHOW na tino, ket_ parade na iness n’ibindi byinshi nkaba mashimiye cyane", murakoze.
mudufashe rwose kutuvuganira umuhanda nyankora_nasho warapfuye hakeneye kaburimbo murakoze!
Mukarere ka Rubavu mucyiciro cyambere cy’amashuri yisumbuye ni abana bangahe babashije kugira amanota angana na 54.