My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1380 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Nibyo koko Rulindo,ikomeje kwesa imihigo,ariko ibanga nta rindi n’imiyoborere myiza n’uburyo ubuyobozi bwegera abaturage.Imana ikomeze ibafashe.
This is a very good tip particularly to those new to the blogosphere. Simple but very precise information… Appreciate your sharing this one. A must read article!
Natwe i kansi twategereje umuriro none amaso yaheze mukirere sinzi niba haricyo mwatwizeza?
NIBYIZA MUJYE MUGANIRA NEZA
ndintirengantya nomumashurimujyemuduraaaaaaaaaaaaaa
mudusabire maire wa Nyarugenge abwirere abayobozi b Umurenge wa MUHIMA batange service nziza ahere kuri GUTIFU niba adashoboye bamuhindurire imirimo kandi KIGALI TODAY yohereze umunyamakuru
What is the difference between Computer Engineering and Computer Science?
Umunyamakuru wa kigali to day ukorera i nyanza yabuze amakuru.
IGIHE BAVUGIYE UMUHANDA RUTSIRO RUBAVU NANUBU NTIBARIBAWUKORA!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Muraho neza basomyi?ese ye,ngire icyo mbibariza,kuki mwihutira kwandika inkuru kuri uru rubuga muziko ruhurirwaho na bose,mukandika musebya bamwe mubayobozi hari ubwo mwaba mwarafashe umwanya wanyu ngo mujye kubaganiriza ndetse mubagire n’inama mbere yo kwandika musebanya?mugire ubushishozi mubyo muvuga.murakoze
MU KARERE KA GATSIBO ARI NAKO MBARIZWAMO HAKWIYE GUKWIRAKWIZWAMO ANDI MAVURIRO KUKO USANGA ADA HAGIJE.
Arikose mwakabyara mwe umuntu witwa MACYENGA USHINZWE IRANGAMIMERERE mumurenge wa KANJONGO mukarere ka NYAMASHEKE azagezahe kununuza imitsi yabaturage no kwandikisha umwana ni ukubanza ukamuhereza! naho isiigeze, cyngwa yibwirako tukiri munzibacyuho aho yari Perezida wurukiko rwa Kanto rwicyahoze ari komini GATARE AHO YIRIRWAGA ANYWA BYERI! NUKURI NDASHIMIRA abayobozi ba nyamasheke ibyiza badahwema gukorera abturage babo ariko MACYENGA arabatobera pe! kandi murabizi gufata icyemezo nibyo byabananiye. sawa tu.