MENYA UMWANDITSI

  • Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yakatiwe gufungwa imyaka ibiri

    Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yakatiwe gufungwa imyaka ibiri

    Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza, kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Nyakanga 2024, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamuhanishije igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya miliyoni 1 Frw nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutangaza amakuru y’ibihuha, rumuhanaguraho cyo guhohotera umutangabuhamya.



  • Minisitiri Nduhungirehe yahagarariye u Rwanda mu nama yiga ku bibazo by

    U Rwanda na RDC byaganiriye ku bibazo by’umutekano

    Kuri uyu wa Kabiri, tariki 30 Nyakanga 2024 i Luanda muri Angola hateraniye inama ya kabiri y’Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo yiga ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bw’iki Gihugu.



  • Ahari ikigabiro cy

    Amateka yo ku Macukiro

    Ntawavuga amateka yo ku Macukiro adahereye ku ya Nyamirundi muri rusange kuko ariho ku Macukiro haherereye. Nyamirundi ni umwigimbakirwa mugari uri mu kiyaga cya Kivu, mu cyahoze ari Kinyaga ahitwaga mu Mpara. Ubu ni mu murenge wa Nyabitekeri, mu karere ka Nyamasheke, mu ntara y’Iburengerazuba.



  • Menya amateka y’Umwaduko wa kawa mu Rwanda

    Amateka avuga uko igihingwa cya kawa cyatangiye guhingwa mu Rwanda yanditswe n’Ikigo cy’Ubuyapani Gishinzwe Ububanyi n’Amahanga « Japan International Cooperation Agency ‘JICA’ mu nyandiko yacyo ‘The socio-economic impact of Rwandan indigenous coffee variety (Bourbon Mibirizi)”.



  • Abafite Ubumuga ntibasigaye inyuma mu kwigishwa hifashishijwe ikoranabuhanga

    Ikiganiro EdTech Monday cyatambutse kuri uyu wa Mbere tariki 29 Nyakanga 2024 kuri KT Radio no ku muyoboro wa YouTube wa Kigali Today cyagarutse ku iterambere ry’uburezi kuri bose n’ikoranabuhanga rinogeye buri wese.



  • Umuhanzi Vava wamamaye mu ndirimbo ‘Dore Imbogo’ yashyinguwe

    Nyiransengiyumva Valentine uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Vava wagaragaye ku mbuga nkoranyambaga mu ndirimbo ye ‘Dore imbogo dore impala, yashyinguwe. Tariki 27 Nyakanga 2024, nibwo amakuru yamenyekanye ko Nyiransengiyumva Valentine uzwi ‘Dore Imbogo’ yitabye Imana.



  • Gasamagera Wellars arimo atanga ikiganiro

    Abanyarwanda baba mu mahanga baganirijwe ku mateka y’Igihugu cyabo

    Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Gasamagera Wellars, kuri iki Cyumweu tariki 28 Nyakanga 2024 yagiranye ikiganiro n’urubyiruko 50 rw’Abanyarwanda baba mu mahanga aho baje mu Rwanda kwiga no gusobanurirwa amateka y’Igihugu cyabo.



  • Abanyeshuri batsinzwe bashyiriweho amahirwe yo kwiga mu biruhuko

    Abanyeshuri batatsinze neza bashyiriweho amahirwe yabafasha kwimuka

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwamenyesheje ababyeyi bose bafite abana biga mu mwaka wa mbere, mu mwaka wa kabiri, no mu mwaka wa Gatatu w’amashuri abanza mu mashuri ya Leta n’afatanya na Leta ku bw’amasezerano batashoboye kwimuka muri uyu mwaka w’amashuri ko hari gahunda nzamurabushobozi yabateganyirijwe.



  • Perezida Kagame na Infantino baganiriye ku guteza imbere umupira w

    Perezida Kagame na Infantino baganiriye ku guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda

    Kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Nyakanga 2024 mbere y’ibirori byo gufungura Imikino Olimpike, Perezida Paul Kagame yahuye n’umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’ Umupira w’Amaguru ku Isi, Gianni Infantino, baganira ku buryo bwo gukomeza kwagura ubutwererane n’amahirwe mashya yo guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda.



  • Obama ashyigikiye Kamala Harris ku mwanya wa Perezida wa Amerika

    USA: Obama ashyigikiye Kamala Harris ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu

    Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wa 44, yatangaje ko ashyigikiye kandidatire ya Kamala Harris ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.



  • Dr. Mujawamariya na Karera Patrick bari gukorwaho iperereza ku byaha bakekwaho

    Dr. Mujawamariya na Karera Patrick bari gukorwaho iperereza ku byaha bakekwaho

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwasobanuye ko Hon. Mujawamariya Jeanne d’Arc n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibidukikije, Karera Patrick, bari gukorwaho iperereza ku byaha bakekwaho bakoreye muri iyi Minisiteri.



  • Abantu barindwi bakurikiranyweho kwiba Miliyoni 100 Frw

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), kuri uyu wa Kane tariki 25 Nyakanga 2024 rweretse itangazamakuru abantu barindwi barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga bakurikiranyweho kwiba muri Banki Miliyoni ijana z’Amafaranga y’u Rwanda, baciye mu ishami ryayo rikorera hanze y’Igihugu.



  • Perezida Ruto yashyize muri Guverinoma abatavuga rumwe na Leta ye

    Perezida Ruto yashyize muri Guverinoma abatavuga rumwe na Leta ye

    Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, yongeye gutangaza abandi ba Minisitiri icumi bagize Guverinoma ye barimo bane bari mu ruhande rw’abatavuga rumwe na we.



  • Iyi mpanuka yangirikiyemo ibindi binyabiziga

    Nyarugenge: Impanuka yakomerekeyemo abantu 5 yangiza n’ibindi binyabiziga

    Mu karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyarugenge Akagari ka Kiyovu, Umudugudu wa Nyarurembo kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Nyakanga 2024, imodoka y’ivatiri (Voiture) yaritwawe n’umudamu yamanukaga umuhanda uva T2000 yerekeza kuri CHIC habereye impanuka y’imodoka yakomerekeyemo abantu batanu yangiza n’ibindi binyabiziga birimo (…)



  • Perezida Kagame yashimiye abayobozi baherutse kumushimira intsinzi yegukanye

    Perezida Paul Kagame yashimiye abayobozi n’abantu batandukanye bo hirya no hino ku Isi bamwifurije ishya n’ihirwe, nyuma yo gutorerwa kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere.



  • Perezida Paul Kagame yakiriye Alice Wairimu Nderitu usanzwe ari mu bayobozi bakuru b

    Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’Umujyanama wihariye w’Umunyamabanga Mukuru wa ONU

    Perezida Kagame yakiriye mu biro bye, Village Urugwiro, Umujyanama wihariye w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu bijyanye no kurwanya Jenoside, Alice Wairimu Nderitu.



  • Martine Mutumwinka atwara ikamyo yo mu bwoko bwa ‘Mani

    Ubuzima nanyuzemo bwatumye ntinyuka kuba umushoferi w’ikamyo - Mutumwinka

    Mutumwinka Bertine ni umubyeyi w’abana batatu, ubu atwara imodoka y’ikamyo yo mu bwoko bwa ‘Man’ itwara amavuta na lisansi abivana muri Tanzaniya abizana mu Rwanda.



  • Kigali: Impanuka yakomerekeyemo babiri

    Mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge haraye habereye impanuka y’imodoka itwara abagenzi yavaga i Rubavu ijya i Kigali, abagenzi babiri barakomereka.



  • Ahari igiti cy

    Menya amateka y’ahitwa ‘Ku Mugina w’Imvuzo’

    Nk’uko Kigali Today igenda ibagezaho amateka y’ibice bitanukanye byo hirya no hino mu Gihugu, kuri iyi nshuro yabakusanyirije amateka y’ahitwa Ku Mugina w’Imvuzo.



  • Perezida wa Kenya, Dr. William Ruto, aherutse gusesa Guverinoma kubera igitutu cy

    Kenya : Perezida Ruto yashyizeho Guverinoma nshya

    Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Nyakanga 2024 yashyizeho Guverinoma nshya irimo Abaminisitiri 11 barimo batandatu abahoze muri Guverinoma yari aherutse gusesa.



  • Hon Evode yagaragaje ibikurikira itorwa rya Perezida wa Repubulika

    Menya ibikurikira itorwa rya Perezida wa Repubulika

    Abanyarwanda nubwo bamaze kwihitiramo uzabayobora muri manda y’imyaka itanu iri imbere ku Mukuru w’Igihugu gusa ariko hari bamwe bashobora kuba batazi ibikorwa bikurikira itorwa rya Perezida na nyuma yo kurahirira inshingano nshya.



  • Iyi mpanuka y

    Payage: Habereye impanuka y’imodoka

    Mu mujyi wa Kigali ahazwi nko kuri Payage hepfo y’ahakorera Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) kuri uyu wa Kane tariki 18 Nyakanga 2024 habereye impanuka y’imodoka.



  • Bashyize umukono ku masezerano y

    FPR-Inkotanyi n’ishyaka riri ku butegetsi muri Santrafurika byasinyanye amasezerano y’ubufatanye

    Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi, Gasamagera Wellars, yakiriye intumwa z’ishyaka riri ku butegetsi muri Santrafurika, Mouvement Coeurs-Unis (CMU) bagirana ibiganiro ku mikoranire ndetse bashyira umukono ku masezerano y’ubufatanye.



  • Inzu yahiye irakongoka igisenge kirishira n

    Rwamagana: Inkongi y’umuriro yangije ibintu by’agaciro gasaga Miliyoni 12Frw

    Mu Murenge wa Kigabiro, mu Kagari ka Sibagire, mu gasantere kazwi nko kwa Shyaka kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Nyakanga 2024, inkongi y’umuriro yafashe inzu y’umuturage yangiza ibintu by’agaciro k’amafaranga y’u Rwanda Miliyoni 12 n’ibihumbi 700.



  • Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda bongeye kumugirira icyizere

    Mu ijoro ryo ku itariki ya 15 Nyakanga 2024 Chairman akaba n’Umukandida w’Umuryango FPR Inkotanyi, Paul Kagame yashimiye Abanyarwanda bongeye kumugirira icyizere ndetse n’abagize imitwe ya Politiki yemeye kumutangaho umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, nyuma y’uko iby’ibanze byatangajwe na Komisiyo y’Igihugu (…)



  • Paul Kagame yatorewe gukomeza kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere

    Paul Kagame yatsinze amatora by’agateganyo n’amajwi 99.15%

    Komisiyo y’Igihugu y’Amatora imaze gutangaza ko ibyibanze byavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika by’agateganyo umukandida Paul Kagame afite amajwi 99.15%.



  • Paul Kagame na Madamu batoreye i Kagugu

    Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, hamwe n’umuryango we, kuri uyu wa Mbere tariki 15 Nyakanga 2024 bitabiriye amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite.



  • Umuvugizi wa Polisi y

    Umutekano wa Site z’amatora urarinzwe - Polisi

    Polisi y’igihugu yatangaje ko ahazatorerwa (Sites) ndetse n’ibikoresho byose bicungiwe umutekano neza mu gihe igikorwa cyo gutora nyirizina kizaba tariki 15 Nyakanga 2024.



  • Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda ntawe ukwiye kubahitiramo uko bagomba kubaho

    Abanyarwanda bakwiye kubaho uko bashaka ntawe ukwiye kubahitiramo uko babaho - Kagame

    Umukandida wa RPF-Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ubwo yiyamamarizaga kuri Site ya Gahanga mu karere ka Kicukiro kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024 yasabye abitabiriye iki gikorwa gukomeza guhitamo neza umuyobozi ubabereye kuko Abanyarwanda bagomba kubaho uko bashaka batagomba kubaho uko (…)



  • Bishop Rugamba yatawe muri yombi

    Bishop Rugamba umushumba mukuru wa Bethesda Holy Church yatawe muri yombi

    Umushumba mukuru wa Bethesda Holy Church Bishop Rugamba Albert yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye.



Izindi nkuru: