Ikipe ya Patriots BBC yatandukanye n’umutoza wayo Dean Murray ukomoka muri Amerika nyuma y’umwaka umwe yari amaze atoza iyi kipe.
Ikipe ya Manchester City yongereye ikinyuranyo cy’amanota 12 hagati yayo n’umuturanyi Manchester United. Manchester United yanganyije na Chelsea ubusa ku busa mu mukino wakinwe ku Cyumweru tariki ya 28 Gashyantare 2021 mu gihe Manchester City yatsinze West Ham United ibitego bibiri kuri kimwe mu mukino wabaye ku wa Gatandatu (…)
Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 28 Gashyantare 2021 nibwo Kimenyi Yves yasabye Miss Muyango ko babana nk’umugabo n’umugore, arabimwemerera nyuma y’igihe bari bamaze bakundana.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amagare “Team Rwanda”, yamaze guha amasezerano y’amezi atanu Sempoma Felix, asimbura Sterling Magnell wasoje amasezerano ye.
Ku wa 27 Werurwe 2021 nibwo hazaba Inama y’inteko rusange y’Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) aho hazemenyekana Komite Nyobozi nshya igomba kuyobora iri shyirahamwe mu myaka ine iri mbere.
Umunsi wa 26 mu Bwongereza urakomeza kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Gashyantare 2021 ku bibuga bitandukanye.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amagare (Team Rwanda), yageze i Cairo mu Misiri aho igiye guhatana n’ibindi bihugu muri shampiyona ya Afurika y’amagare
Mashami Vincet wari usanzwe atoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, yongerewe amasezerano y’umwaka yo gukomeza gutoza Amavubi kugera 2021
Umwana w’umuhungu witwa Iradukunda Valens wo mu Kagari ka Nyamugari, Umurenge wa Nemba mu Karere ka Burera, ku gicamunsi cyo kuwa Gatandatu tariki 27 Gashyantare 2021 ari kumwe na bagenzi be bakinira Ikipe y’Igihugu y’Amagare, yuriye indege, yerekeza mu Gihugu cya Misiri muri shampiyona ya Afurika mu mukino w’amagare igiye (…)
Ikipe y’igihugu y’umukino w’Amagare yahagarutse I Kigali kuri uyu wa Gatandatu, yerekeza mu Misiri ahazabera shampiyona ya Afurika mu mukino w’amagare
Ubuyobozi bw’ikipe ya Police FC bwemeje CIP Obed Bikorimana, nk’Umunyamabanga mushya w’iyo kipe akaba asimbuye CIP Maurice Karangwa.
Ikipe ya Rayon Sports yatangije ku mugaragaro umushinga mushya wo kubarura abafana ba Rayon Spirts bigamije no kuzamura umutungo wa Rayon Sports
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Maroc ryahaye buri kipe ikina shampiyona y’abagore Minibus izajya ibafasha kugera ku kibuga
Nyuma yo gufungura icyicaro cya FIFA cy’akarere mu Rwanda, bimwe mu byo Ferwafa ivuga izungukiramo harimo isubukurwa ryo kubaka Hotel ya Ferwafa imaze imyaka hafi itanu yubakwa
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko mu gihe kitarenze ibyumweru bitatu shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru izaba yasubukuwe
Abayobozi ba Rayon Sports basobanuye bimwe mu bibazo bimaze iminsi bivugwa muri Rayon Sports, mu kiganiro bagiranye na RBA kuri uyu wa Gatatu tariki 24 Gashyantare 2021.
Harabura iminsi 182 kugira ngo u Rwanda rwakire igikombe cya Afurika cya Basketball mu bagabo. Ni imikino izatangira tariki ya 24 Kanama kugeza tariki ya 05 Nzeri 2021 muri Kigali Arena.
Ishyirahamwe ry’abahoze bakinira Amavubi bagaragaje ibyifuzo birindwi bafata nk’ingenzi mu guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda
Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Gashyantare 2021 ku cyicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF) giherereye mu mujyi wa Cairo mu Misiri habereye tombola igaragaza uko amatsinda y’irushanwa rya CAF Confederation Cup ateye mu mwaka wa 2020/2021.
Umunyarwanda Cassa Mbungo André utoza ikipe ya Bandari Fc yo muri Kenya yahawe igihembo gihabwa buri cyumeru umutoza witwaye neza muri shampiyona ya Kenya
Umutoza w’ikipe ya AS Kigali Eric Nshimiyimana, yatangaje ko abantu batashingira ku mikinire y’ikipe y’igihugu ngo bumve ko Emery Bayisenge byatuma abanzamo muri AS Kigali
Kuri iki Cyumweru Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yatangaje imikino yemerewe kongera gufungura, nk’uko byari byasabwe n’inama y’abaminisitiri iheruka guterana ku wa Gatanu
Ikipe ya AS Kigali inganyije na CS Sfaxien igitego 1-1, ihita isezererwa mu mikinoya CAF Confederation Cup
Ikipe y’igihugu ya Basketball yatsinze Sudani y’Epfo amanota 62 kuri 58 mu mukino wa Gatatu w’ijonjora rya Kabiri wo gushaka itike y’imikino ya nyuma.
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi ndetse na APR FC Jacques Tuyisenge, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we yanambitse impeta
Kuri uyu wa Gatanu Perezida wa FIFA Gianni Infantino yafunguye ku mugaragaro ishami rya FIFA riri mu mujyi wa Kigali
Rutahizamu w’ikipe y’Amavubi na APR FC Jacques Tuyisenge yasabye umukunzi we kuzabana akaramata arabimwemerera
Ikipe y’Igihugu ya Nigeria imaze gutsinda u Rwanda amanota 64 kuri 51 mu mukino wa Kabiri wo mu itsinda rya Kane mu ijonjora rya Kabiri rikomeje kubera mu mujyi wa Monastir muri Tuniziya.
Ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA rwasohotse uyu munsi, igihugu cya Maroc cyegukanye CHAN kiri mu bihugu byazamutse cyane, mu gihe u Rwanda rwagumye ku mwanya rwariho
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ikipe ya CS Sfaxien ni bwo yageze mu Rwanda, aho ije gukina umukino wo kwishyura na AS Kigali, umukino utegerejwe kuri uyu wa Gatandatu